in ,

‘Abajya muri Gym amaso yabo abonera yo byinshi koko’ Umunyamakuru Bianca yafotowe amafoto ari muri Gym gusa kuko yari yambaye agasengeri kerekana mu gituza he hafi ya hose byatumye abamurebaga batamukura ho ijisho[AMAFOTO]

‘Abajya muri Gym amaso yabo abonera yo byinshi koko’ Umunyamakuru Bianca yafotowe amafoto ari muri Gym gusa kuko yari yambaye agasengeri kerekana mu gituza he hafi ya hose byatumye abamurebaga batamukura ho ijisho.

Umunyamakuru Bianca wakoze ku matereviziyo akomeye hano mu Rwanda yongeye kugaragaza imiterere ye idasanzwe binyuze mu mafoto yanyujije kuri konti ye ya Instagram ubwo uyu munyamakuru akaba n’umunyamidelikazi yari yagiye muri Gym gukora Sport kugira ngo akomeze agire ubuzima bwiza n’imiterere myiza kurusha ho.

Amafoto ya Bianca muri Gym.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Agiye gusazira mu mafaranga! Rutahizamu ushinjwa gusaza ariko usazanye ibitego mu maguru ye, yamaze kubona ikipe nshya yo mu Barabu nyuma yo gutera umugongo ikipe zo mu Rwanda

Ntacyo yabahishe: Umukinnyikazi wa filime nyarwanda Rosine yongeye kwerekana ikintu arusha abandi bagore -AMAFOTO