in

Abahungu bafashe Isi batarwanye: Hagaragaye amashusho y’umuherwe ukomeye cyane ari kuririmba indirimbo “Fou De Toi” (Amashusho)

Indirimbo y’abahanzi bakomeye cyane hano mu Rwanda aribo Bruce Melodie, Ross Kana na Element ikomeje kubica bigacika hirya no hino ku Isi yongeye gushimangira ko ikunzwe cyane ubwo hagaragaraga amashusho y’umuherwe ari kuyiririmba.

Indirimbo nziza cyane abahungu bise “Fou De Toi” imaze ibyimweru bibiri igiye hanze ikaba imaze kurebwa n’abantu barenga miliyoni kuri YouTube, umuherwekazi Zari Hassan wigeze kugacishaho n’umuhanzi Diamond Platunmz bafitanye abana babiri yagaragaye ari kuririmba indirimbo yaba basore.

Zari yagaragaje ko yihebeye iyi ndirimbo yitwa Fou De Toi iherutse guca agahigo ko kuba indirimbo ya gatatu y’umuhanzi w’umunyarwanda ibashije kuzuza miliyoni imwe mu gihe kitarenze iminsi itanu.

Amashusho:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibintu bihinduye isura: Kylian Mbappe amaze gutangaza ikipe agomba kwerekezamo

Nyuma yo kuvuga ko Umunyamakuru Antoinette Niyongira wa Kiss Fm afite inka basa ibintu byahinduye isura ubwo uyu munyamakurukazi yabonaga ibyamuvuzweho