in

Abagore n’ifaranga rwarahize! Umugore yatsindiye miliyoni 10 muri betingi ni uko maze asaba ko bazimubikira kugira ngo abanze yake gatanya n’umugabo we bamaranye imyaka itari mike

Abagore n’ifaranga rwarahize! Umugore yatsindiye miliyoni 10 muri betingi ni uko maze asaba ko bazimubikira kugira ngo abanze yake gatanya n’umugabo we bamaranye imyaka itari mike.

Umugore wo mu gihugu cya Nigeria, Vestine Nakoucho yatomboye arenga miliyoni 10 mu mikino y’amahirwe izwi nka betingi ajya gusaba gatanya.

Uyu mugore w’abana batatu avugako yari amaze iminsi atabanye neza n’umugabo we.

Mu myaka yose bamaranye uyu mugore yatunzwe n’amafaranga uyu mugabo akorera.

Uyu mugore wabonaga yishimye cyane ariko asaba ko aya mafaranga baba baretse kuyamuha akabanza akajya kwaka gatanya n’umugabo we nuko ubusabe bwe burubahirizwa.

Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru Sports Brief cyandikirwa muri Nigeria, uyu mubyeyi w’abana batatu yatangaje ko mu myaka 15 yose amaranye n’umugabo bayimaze amutoteza amuziza ko ntamurimo afite akora, akavugako uyu mugabo yamubwiragako ntakindi ashoboye atari ukwicara akarya yahaga akaryama, akirirwa areba filime gusa.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mutangire mutegure uburyo muzajya kubakira: Hamaze kumenyekana igihe abanyamahanga ba APR FC bazagerera i Kigali

Uwahoze ari umukunzi wa Zari Hassan ari kubyinira ku rukoma