in

Abagore bo mu mudugudu umwe bakoze ikirori cyo gusangira ndetse bategeka ko nta n’umwe ugombaga kwambara umwenda wo hejuru – Amashusho

Abagore bo mu mudugudu umwe bakoze ikirori cyo gusangira ndetse bategeka ko nta n’umwe ugombaga kwambara umwenda wo hejuru. 

 

Aba bagore batuye muri karitsiye imwe y’abakire muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, biyemeje kujya bahura bagasangira ndetse bagakora ibyo bakunda bari kumwe nta mugabo uhari.

Aba bagore bagaragaye mu mashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga bambaye ubusa hejuru, ndetse bavuga ko ibyo bakoze ari ibyishimo bashakaga kugeraho. Reba Videwo.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Titi Brown yavuye mu gihome araza yirengagiza umuntu wamurwaniriye ishyaka yigira nkaho atanamuzi none yamuhamagaye abimubwirira mu ruhame

Kigali umugabo yagaragaye muri bar yambaye twadukariso tw’imishumi abagore bakunda kwambara (string)  – Amashusho