in

Abagore bane barwaniye umurambo w’umunyemari habura gica

Abagore bane b’umunyemari Alfred Niyonzima witabye Imana, batonganiye ku Bitaro bya Kibogora mu Karere ka Nyamasheke ubwo buri wese yangaga ko mukeba we areba umurambo w’umugabo wabo.

Umunyemari Alfred Niyonzima akaba nyiri Moteli yitwa Kumbya Ecology Tourism, yitabye Imana mu cyumweru gishize aguye muri Repubulika ya Centrafrique.

Bivugwa ko nyuma yaho Aba bagore batonganiye ibitaro byahisemo kutagira numwe bemerera kureba umurambo wa nyakwigendera Atari umubyeyi ubyara Alfred . Iibitaro bitegeka ko Ariwe wemererwa kuba yareba umurambo.

Written by NUNANA Omegaboy

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza wa Apr Fc ari mu mayira abiri aho ategereje umwanzuro w’ubuyobozi

Abanyeshuri bahaye impano isekeje mwarimu wabo ku munsi we w’amavuko