in

Abagore bafite ikibuno kinini byagaragaye ko hari ibyo barusha abananutse

Ubushakashatsi bwakoze na Oxford university bwagaragaje ko abagore bafite ikibuno kinini aribo bafite ubuzima bwiza kandi hari n’ibyo barusha abandi.

Ubushakashatsi bwakorewe ku bagore 16,000 bwagaragaje ko abagore bafite innyo nini aribo umubiri wabo ubasha gukora Harmone nyinshi ndetse na glucose nyinshi.

Ubu bushakashatsi bwari buhagarariwe na Dr Konstantin wa Oxford university mu gihugu cy’ubwongereza. Iyi raporo kandi basoza bagira abantu inama yo kujya bishimira uko bateye kuko nubwo abananutse babasha gutwara umubiri wabo mu buryo bworoshye, n’ababyibushye hari ibyo umubiri wabo wikoramo.

 

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyishimo byaramuhitanye akimara kumenya ko yatsindiye Miliyoni 7 z’amayero.

KNC yageneye abakinnyi ba Gasogi utd ubutumwa bukomeye||Menya APR FC iza kubona nk’ibyo yaboneye I musanze