in

Abagore bacira abana babo imyeyo kugira ngo bazaryohereze abagabo babo mu buriri, bahawe gasopo

Abagore bacira abana babo imyeyo kugira ngo bazaryohereze abagabo babo mu buriri, bahawe gasopo

Mu bukangurambaga bw’Umuryango uharanira kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina (Hear Us Initiative Organization), herekanywe ko abantu bacira abana imyeyo bibwira ko bari kubategura kuzagira ingo nziza baba bari gutiza umurindi ihohoterwa rishingiye ku gutsina ndetse ko bigomba gucika.

Byavuzwe kuri uyu wa 24 Kamena 2023, ubwo abanyamuryango ba Hear Us Initiative bari bahurijwe hamwe mu gutegura uko ubukangurambaga bwiswe ‘Don’t Touch Campaign’ bugamije kurwanya ihohoterwa by’umwihariko irishingiye ku gitsina rikorerwa mu kazi.

Hear Us Initiative Organization ni umuryango ugamije kurwanya ihohoterwa.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Donath wari wakoranye impanuka na Pastor Theogene ariko we akajya muri Koma na we yatabarutse 

Kirehe: Umuforomo yatawe muri yombi azira gufata ku ngufu umubyeyi utwite wari waje amugana