in

“Abagabo b’abanyafurika barabasha” Mimi Mirage washakanye n’umuzungu agasanga ntakirimo yatakagije abagabo b’abirabura ku ngingo yo kubaka urugo

Mimi Mirage washakanye n’umuzungu agasanga ntakirimo yatakagije abagabo b’abirabura ku ngingo yo kubaka urugo.

Mimi usigaye yibera hanze y’u Rwanda, yatakagije abagabo b’abanyafurika nyuma yo gushakana n’umuzungu akamuhemukira.

Mu kiganiro yagiranye na ISIMBI TV, Mimi Mirage yavuze ukuntu yari afite umugabo w’umuzungu gusa bakaza kutandukana batarambanye.

Nyuma yo kuvuga gutyo, yahise agereranya abagabo b’abazungu n’abanyafurika aho yashimagije abo muri Afurika ku ngingo yo kubaka urugo rugakomera.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Burya nawe yaravumbaga mu bukwe! Ifoto ya Pamella akiri umwana yagiye  mu bukwe bakamwicazanya n’abandi bana bazengurutse  iparato y’ibiryo ikomeje kwibutsa benshi uko kujya kurya mu bukwe byabaga bimeze

Babwiye abari aho hafi bazi koga ngo bajyemo bamurohorore baranga: Umusore wapfuye arohamye mu Kivu akabura uwumutabara mu bari aho hamenyekanye impamvu yabiteye