in

Abafana ntibazajya banyagirwa! Sitade Amahoro iri kubakwa nk’iz’i Burayi yenda kuzura – VIDEWO

Imirimo yo kubaka sitade Amahoro irarimbanyije aho ubu ikigezweho hari gusakarwa aho abafana bazajya bicara kugira ngo batajya banyagirwa.

Iyi sitade Amahoro biteganyijwe ko izuzura hagati mu mwaka wa 2024.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umusirimu yavuguruje VAR! Cristiano Ronaldo yanze ko ikipe ye ya Al-Nassr ihabwa penaliti

Dogiteri Nsabi yashenguwe n’agahinda ubwo yari yagiye kureba ikipe y’iwabo ya Musanze FC maze Gasogi United ya KNC iyereka isomo rya ruhago – AMAFOTO