in

Abafana ba Chelsea babwije inani na rimwe umuherwe w’ikipe_ AMAFOTO

Abafana b’ikipe ya Chelsea babwiye amagambo menshi umuherwe Todd Boehly akaba na nyiri kipe, ibi byabaye ku munsi wejo ubwo iyi kipe yari itsinzwe na Brighton ibitego bibiri kuri kimwe.

Ku munsi wejo hashize ku isaha ya saa Kumi Chelsea yakiriye Brighton ku kibuga Stamford Bridge, maze Chelsea itsindwa ibitego bibiri kuri kimwe kandi ariyo yari yabanje gutsinda igitego ku munota wa 13 gitsinzwe na Gallagher ahawe umupira na Mykhailo Mudryk.


Nyuma Brighton ikava inyuma ikabona ibitego bibiri harimo icya Danny Welbeck ku munota wa 42 ahawe umupira na Pascal Gross, ndetse nicya J. Casar Encisio ku munota wa 69.

Nyuma y’umukino abafana bari bicaye mu gace kari hejuru yaho Todd yari yicaye baramuhamagaye bamubwira amagambo menshi.


Kugeza ubu Frank Lampard n’abasore be bahagaze ku mwanya 11 n’amanota 39 ku rutonde rwagateganyo rwa Premier League.
Abaherwe ba Chelsea bibaza icyo ikipe ibura ngo itsinde


Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abantu 7 barimo n’umwana muto bapfiriye kuri pisine

Kigali byakomeye! Umukobwa yanyweye inzoga ageze mu muhanda kugenda biramunanira imvura imukorera ibyamfurambi -Amashusho