in

Abafana ba APR fc bakoze igikorwa kidasazwe

Abafana ba APR fc bongeye gusura umufana mugenzi wabo ufite ikibazo cy’uburwayi.

Mu minsi yashize hano mu Rwanda humvika inkuru y’umwe mu bafana bi kipe ya APR fc ndetse ni kipe y’igihugu Amavubi watabarizwaga bitewe n’icyibazo cy’uburwayi yarafite.

Uyu mufana usazwe amenyerewe ku kazina ka Shangazi yatangaje ko arwaye Kandi bikome cyane ngo kuko byasabaga ko anajyanwa kuvurirwa mu mahanga nyuma y’uko abaganga basanze arwaye kanseli.

Uretse aba bafana bo muri online fun club zone 5 bagiye ku musura murugo rw’uyu mu fana tubibutse ko n’umutoza ndetse na kapiteni w’ikipe ya APR fc bagiye gusura Uyu mufana ndetse bakana mushyikiriza n’impano.

 

Written by Kubwayo JD

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yasinziriye ubwo yari agiye gutanga ikiganiro n’abanyamakuru none yabaye igotaramo (Videwo)

Huye: Umugabo yishe umugore utwite amukubise ifuni