in

Ababyeyi birwanyeho: Amafoto ya Tidjara Kabendera n’uhanzikazi Sunny baryohereje i Dubai – AMAFOTO

Umuhanzikazi Sunny wamenyekanye mu ndirimbo ‘Kungora’ yafatanyije na Bruce Melodie, yagaragaye ari kumwe na Tadjara Kabendera wahoze ari umunyamakuru kuri Radio Rwanda bagaragaye bari kuryoherwa n’ubuzima mu mihanda ya Dubai.

Uyu Tidjara, ajya avuga ko ari umubyeyi wirwanyeho doreko ko anafite abana b’abasore babiri, ndetse kandi na Sunny nawe afite umukobwa w’inkumi.

AMAFOTO:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Aramutse aje bahita bahera kuri mucyeba ugiye kumanura kotineri z’abanyamahanga! Rayon Sports yahamagaye igitaraganya muri Morocco ishaka Youssef

Ufite ibyiza arabirata koko! Mu mafoto agaragaza mu gatuza he, Shazz wavuzwe mu ifungwa rya Davis D na Kevin Kade yongeye Kwigarurira urukuta rwa Instagram