in

“Nzarongorwa n’inshuti yange magara” Pamella akomeje kugaragaza ko yishimiye kuba agiye kurongorwa na The Ben

“Nzarongorwa n’inshuti yange magara” Pamella akomeje kugaragaza ko yishimiye kuba agiye kurongorwa na The Ben

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Pamella yagize ati “Getting married to my best friend”.  Ubwo yavugaga ibi yashakaga kumvikanisha ko yishimiye kuba agiye kurongorwa n’inshuti ye magara ariyo The Ben.

Ni mu gihe ubukwe bwaba bombi bubura igihe gito ngo butahwe, kuko buzaba kuwa 23 Ukuboza 2023, mu gihe cya Noheri.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Wowe ntago biri butinde kugira ngo wisange i Mageragere :Umukobwa wagaragaye yambaye nka Eva muri Edeni abantu bakomeje kuvuga ko atamara hanze kabiri atarajya i Mageragere kuko hari benshi bahaniwe ibyo yakoze (AMAFOTO) https://wp.me/p7ovfz-1936

Sadate Munyakazi wigeze kuyobora Rayon Sports yacishije make nyuma yo kubona ubutumire iyi kipe yahamagajwemo kwitaba urukiko rw’i Washington muri Leta zunze ubumwe z’Amerika