Imyidagaduro
Dore uko indirimbo nshya Oda Paccy yise “Ig…..ba ” yateye abantu gucika ururondogoro

Nyuma yuko Oda Paccy akoze indirimbo yise “IGITEGO” igashimisha benshi kuri ubu agiye gushyira  indi  ndirimbo nshya hanze ariko nayo yayihaye izina ritangizwa n’inyuguti ya I na G  gusa igaherwa n’inyuguti ya G na A…  izina  ry’iyi ndirimbo  ryateye bamwe mu bakunzi be  kuvuga bishyira kera
Oda paccy  yise indirimbo ye nshya “IGIKUBA” ariko bamwe mu bafana ibihumbi 33 bamukurikira kuri instagram bitiranyije iri zina n’ibindi …urugero ni nk’uwavuze ati”Nari nsomye nabi diiiii!!!naringize ngo yitwa igi*uba nari ngiye guhita nyishaka” si uyu gusa iyi ndirimbo yatangaje kuko hari n’uwibajije niba ari indirimo cyangwa filme  ndetse yewe hari n’abavutse icyo bayitiranyije nacyo
Nyamara Oda Paccy we yabwiye YEGOB.RW ko izina ry’iyi ndirimbo yarihisemo yabitekerejeho ndetse ko atigeze atekereza ko ryatera urujijo uryumva
Ngayo Nguko
Comments
0 comments
-
Mu Rwanda23 hours ago
Inkuru ibabaje: I Kigali umusore ariyahuye nyuma yo kwanduzwa SIDA n’umukunzi we.
-
Mu Rwanda20 hours ago
Rwanda: ku myaka 20 agiye kurushingana n’umugore w’imyaka 50 |hari abamwita umukecuru|Basomanye turumirwa
-
Imyidagaduro13 hours ago
Urukundo ni rwogere: Fofo wo muri papa sava yuriye indege ajya gushyigikira ibikorwa by’umukunzi we
-
Utuntu n'utundi17 hours ago
Cyore:Umukwe n’umugeni bashatse kurwanira mu bukwe bakizwa na mbuga.
-
Izindi nkuru20 hours ago
Umubyeyi yataye ubwenge ubwo yumvaga ko umuhungu we w’imyaka 17 yateye inda bashiki be babiri .
-
Mu Rwanda16 hours ago
Maze imyaka 40 nta mugabo urantereta|Ninjye muntu mubi cyane ku isi||ukuguru kwanjye banze kuguca.
-
Mu Rwanda15 hours ago
Akumiro:Bamuroze kugira ibitsina bibiri nyuma yo kurya isake y’umukobwa||Ubuhamya bwa Miss Munyago w’i Nyamasheke.
-
urukundo15 hours ago
Abantu benshi bashimishijwe cyane n’ubukwe bw’umusore umaze imyaka 14 mu kagare k’abamugaye n’inkumi y’ikizungerezi.