in ,

Zidane arashaka kwirukana umwe mu bakinnyi bakomeye bamufashije gutwara ibikombe mu mwaka ushize

Umutoza w’ikipe ya Real Madrid, Zinedine Zidane A.K.A Zizou, ngo arifuza kugurisha byihutirwa umukinnyi Isco nyuma yo kudashimishwa n’imyatwarire ye mu kibuga muri iki gihe.

Mu gihe ikipe ya Real Madrid yugarijwe nibibazo bikomeye aho bishoboka ko muri uyu mwaka nta gikombe na kimwe izabasha kwegukana. Biravugwa ko umutoza wayo Zidane yifuza kwikiza umwe mu bakinnyi bamugiriye akamaro cyane mu mwaka washize ariwe Isco.

Uyu musore w’imyaka 25 rero ngo icyo Zizou amuhoro nugukina asa nutabishaka bikomeje kugenda bimugaragaraho muri iyi minsi. Zidane akaba ngo asanga Isco atitanga uko bikwiye mu kibuga.

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Amandah yari yongeye kwerekana igitsina cye yikingaho intoki (video)

Vision Boyz ft. Green P – URANYUZE