in

Yvan Buravan yitabye Imana ariko ibigwi bye bikomeje gusigasirwa

Umuryango wa Nyakwigendera Yvan Buravan watangije ishuri ryiswe “Twaje Cultural Academy”, igitekerezo cya Nkongi Cyane.

Mu itangazo ryashyizwe ku rubuga rwasizwe na Burabyo, umuryango we watangaje ko hashinzwe ishuri ryitwa “Twaje Cultural Academy” rizajya ryigisha ururimi ry’Ikinyarwanda, umuco, kubyina, indangagaciro no gukunda igihugu cy’u Rwanda”.

Iki gitekerezo cyashyizwe mu bikorwa ni icya Nyakwigendera Yvan Buravan.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nta mugabo utamwifuza! Mu mafoto atandukanye dore ubwiza bwa Tanasha Donna wabyariye Diamond

Iyi mpeshyi ntirabasiga amahoro! Umukobwa yahuye n’umusore ni uko ubushagarira bumufashe ahita akuramo akenda k’imbere agamije gushotora uwo musore (VIDEWO)