in

Yoo! Ntitatumaga yijyanamo; Amashusho ya nyuma ya Davido n’umwana we muri Pisine yakoze abatari bake ku mutima

Hasohotse amashusho bivugwa ko ari aya nyuma y’umuhanzi Davido na bucura bwe Efeanyi muri Pisine mbere yuko atabaruka.

Uyu muziranenge w’imyaka 3 yatabarutse ku wa mbere tariki 31 Ukwakira 2022 arohamye muri Pisine muri kureba mu mashusho.

Kugeza ubu Chioma Rowland nyina wa Efeanyi Adeleke na Davido ntibaragira icyo batangaza nubwo bari bamaze iminsi basubiranye ndetse bitegura kurushinga mu mwaka utaha wa 2023.

Amakuru ava muri Nigeria avuga ko Davido n’umukunzi we Chioma babyaranye uyu mwana batari mu rugo ubwo yarohamaga ndetse ko abari mu rugo uko ari umunani bamaze gutabwa muri yombi na Polisi y’umujyi wa Lagos.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru wa televiziyo yananiwe gusoma amakuru ashaka kurira

Jay Rwanda yerekanye umukobwa w’ikizungerezi bari kumwe mu rukundo (video)