Kuri uyu wa mbere hatangiye icyumweru cya Kane cy’ukwezi kwa mbere, mu ntangiriro z’iki cyumweru hari ibizungerezi byavuzwe cyane mu itangazamakuru.
Duhere kuri Bijoux wo muri Bamenya, aho ifoto ye ari gusomana na Samusure yateje impagarara ku mbuga nkoranyambaga bibaza niba ariwe se w’umwana aheruka kwibaruka.

Hari Dj Sonia wibasiwe ku mbuga nkoranyambaga aho byavuzwe ko yabyariye iwabo gusa na we ntiyaripfanye yasubije abazanye ibyo bihuha.

Reka dusoreze kuri Yolo The Queen watangiye icyumweru abwirwa ko adashakwa. Ni Harmonize umuhanzi wo muri Tanzania watangaje ko atakwifuza Yolo The Queen ahubwo ko yakwifuza Mama wa Yolo The Queen.