in

Yize mu bigo bihenze kandi yarezwe neza! I Kigali, Umukobwa yanze inkwano ya Miliyoni 2.5 arashaka iya miliyoni 10 mu rwego rwo guca agasuzuguro

Yize mu bigo bihenze kandi yarezwe neza! I Kigali, Umukobwa yanze inkwano ya Miliyoni 2.5 arashaka iya miliyoni 10 mu rwego rwo guca agasuzuguro.

Ku rubuga rwa Twitter, umukobwa yagishije inama Shaddy Boo.

Uyu mukobwa avuga ko hari umusore bamaranye imyaka itatu, none bageze mu gihe cyo gukora ubukwe ni uko maze umusore arashaka gutanga miliyoni 2.5 nk’inkwano mu gihe umukobwa we ashaka miliyoni 10.

Impamvu yo gushaka iyo nkwano ihanitse gutyo ni uko yize mu bigo bihenze ndetse akaba yaranarezwe neza.

Ababonye ibyo, bamugiriye inama mu buryo bukurikira:

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Itangazo ryihutirwa riturutse muri WASAC ‘ishinzwe gukwirakwiza amazi’ rigenewe abatuye Kicukiro mu mujyi wa Kigali

Aherekejwe na Naomi! Miss Muheto Divine yagaragaye mu ruhame nyuma yo kurokoka impanuka y’imodoka yahawe muri Miss Rwanda [VIDEWO]