Umuhanzi Tiwa Savage wamamaye mu ndirimbo zigiye zitandukanye ari kuvugwa mu rukundo n’umuhanzi Omah Lay.
Ibi biri kuvugwa nyuma y’uko Omah Lay yafashe ifoto ya Tiwa Savage akayishyira kuri Twitter ye nk’ibimuranga (profile picture)
Ibi Omah Lay yakoze ntibyavuzweho rumwe ndetse byateye urujijo mu bantu aho bari kwibaza niba baba bari mu rukundo.
Kugeza ubu Tiwa Savage afite imyaka 42 mu gihe Omah Lay afite imyaka 25 y’amavuko yo nyine.


Ariko numva ntagashya karimo pe imyaka nagatwiko tu