in

Yayoresha igitiyo! Ingano y’amafaranga umugore wa Cristiano Ronaldo yatwara mu gihe baba batandukanye yateye abatari bake ubwoba

Muri iyi minsi mu rugo rwa Cristiano Ronaldo ntihari kuvuga umwuka mwiza dore ko bivugwa ko banatonganiye mu ruhame.

Uyu mubano utari mwiza uvugwaho hagati y’aba bombi ushobora kubaganisha kuri gatanya.

Nubwo Cristiano Ronaldo atasezeranye na Georgina ntibivuze ko atagira icyo abona kuko barabyaranye kandi babana mu gihe kirenga imyaka 6 isi yose ibizi.

Nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye ngo haramutse habaye gutandukana kw’aba bombi, Georgina yakwegukana 35% by’umutungo wose wa Cristiano Ronaldo.

Georgina yabona arenga Miliyoni 350 z’amadorali kuko umutungo wose wa Cristiano bigaragazwa ko ungana na Miliyoni 1000 z’amadorali.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali ibiryo birarikoze! Abantu 197 barwariye mu bitaro kubera ibyo bariye

Yakoze agashya: Umusore yasabye imbabazi abakobwa bose yasambanye nabo kubera impamvu ikomeye cyane yabimuteye (video)