in

Yari afite imyaka Mike cyane: Bugesera, Umwana muto w’ingimbi yiyahuye akoresheje amashuka aryama mo abitewe n’impamvu ikomeye 

Yari afite imyaka Mike cyane: Bugesera, Umwana muto w’ingimbi yiyahuye akoresheje amashuka aryama mo abitewe n’impamvu ikomeye

Umusore uri mu kigero cy’imyaka 18 wo mu Karere ka Bugesera yasanzwe yiyahuje ishuka nyuma y’igihe atumvikana n’ababyeyi be kubera ibiyobyabwenge yari asanzwe akoresha.

Amakuru y’urupfu rwa Byiringiro Honore bakundaga kwita ‘Boy’ yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa 26 Nyakanga 2023.

Abaturage bavuga ko ubwo abavandimwe ba Byiringiro bavuzaga induru bahuruza basanze anagana mu ishuka yari ihambiriye ku gisenge cy’inzu.

Byiringiro Honore waruzwi nka Boy yari yarataye ishuri akaba yahise ashyingurwa kuri uyu wa 26 Nyakanga 2023.

Ivomo: UMUSEKE

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bamwe batangaye: Antoinette Niyongira yagaragaje imiterere ye ishotorana bamwe baratangara kubera ibyo yaberekaga -AMAFOTO

Amakipe yo mu Rwanda yariye Karungu: Ikipe ivuye mu cyiciro cya kabiri iguze umukinnyi w’ikipe y’igihugu gitinyitse cyane muri ruhago y’Afurika -AMAFOTO