in

Yari afite akanyamuneza, Elia w’imyaka 3 wagiye kwiga mu kigo cy’abana b’abakire yambaye imyenda isa nabi ndetse n’ibirenge, yatangiye ishuri muri cya kigo yari yagiyemo kuvumbayo

Yari afite akanyamuneza, Elia w’imyaka 3 wagiye kwiga mu kigo cy’abana b’abakire yambaye imyenda isa nabi ndetse n’ibirenge, yatangiye ishuri muri cya kigo yari yagiyemo kuvumbayo.

Mu minsi yashize nibwo twabagejejeho inkuru y’umwana witwa Elia w’imyaka 3 wagiye kwiga mu kigo cy’abana b’abakire yambaye imyenda isa nabi ndetse n’ibirenge.

Ubwo uyu mwana yashyirwaga ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane ku rubuga rwa X, benshi bifuje ku mufasha.

Kuri ubu Elia amaze icyumweru kirenga ari Umunyeshuri muri cya kigo [Itetero Bright Academy] yari yagiyemo kuvumbayo amasomo.

Ni ibintu bishimishije cyane kuko n’ubuyobozi bw’icyo kigo, bwemereye uyu mwana kumwishyurira kugeza arangije amashuri abanza.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yakatiwe gufungwa imyaka 3 ashinjwa kutishyura amafaranga yose yari yavuganye n’umukobwa ukora umwuga w’uburaya baryamanye igihe kingana nk’isaha yose

Yakoreye miliyari 1 mu minota itatu, umuhanzi ukubutse i Kigali yakoreye akavagari k’amafaranga mu minota mike cyane