in

NdababayeNdababaye

Yaratwandikiye:Umukobwa twari dufitanye ubukwe mu kwezi gutaha atwite inda itari iyanjye|ndaremerewe cyane nkore iki?

Umukunzi wa YEGOB yatwandikiye agisha inama aho avuga ko yakundanye n’umukobwa ndetse ngo biteguraga kurushinga mu kwezi gutaha ,ariko uyu mukobwa aherutse kumubwira ko atwite kandi batarigeze baryamana.

Yagize ati:”Nitwa Nizeyimana Jean de Dieu mu buzima busanzwe nkora umuziki maze kugira indirimbo enye.Ikinteye kubandikira ,ndagirango abakunzi ba YEGOB bangire inama,ndaremerewe cyane.

Nakundanye n’umukobwa 2016 twiteguraga kubana ku itariki 20/04 uno mwaka.Gusa nyuma y’uko dupanze kubana naje kumenya ko atwite inda ntigeze mutera.Maze kumenya ko atwite ,numvise nahita mpagarika ubukwe,sinshaka kubana na we ariko akomeza kubimpatira ngo dukore ubukwe.Mperutse kumva ko yajyanye n’undi mugabo kwa muganga amuherekeje agiye kwipimisha inda

Mungire inama rwose,ese ubukwe mbukomeze cyangwa mbureke?”

Murakoze!

 

Niba ushaka umukunzi kanda kuri iyi link ukurikize ibisabwa:http://yegob.rw/dating

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uyu musore yateye benshi ubwoba bitewe n’imyitozo idasanzwe yakoreraga ku igorofa.

Ibintu uyu mukobwa mwiza utagira amaguru akora bitunguye abantu|bavugaga ko azapfa mu minsi irindwi.