in

NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze

Uyu musore yateye benshi ubwoba bitewe n’imyitozo idasanzwe yakoreraga ku igorofa.

Uyu musore wateye abamubonye ubwoba yitwa Khalid Tenni w’imyaka 25, ubusanzwe akomoka muri Maroc, yakoze iyi myitozo iteye ubwoba ku dusongero tw’inzu ziherereye mu mujyi wa Rabat, ari nawo murwa mukuru wa Maroc. Icyakora nubwo yabikoreraga ahantu hasa nahagoranye cyane kandi hateye ubwoba, yakoze abantu bararambirwa ndetse aza no gusoza neza ntacyo abaye mugihe benshi bari biteze ko aza guhubuka kurizo nzu.

Mbere yuko atangira kwiyerekana yabanje kwishyushya maze araza yicara k’umusozo w’inzu hejuru abantu bipfuka mu maso. Ushobora kuba utari kubisobanukirwa gusa uyu musore yafashe icyuma kirekire akirambika ku nzu yo hakurya no hakuno ubundi atangira kukiryaho umunyenga, n’ibintu biteye ubwoba cyane ndetse benshi babyise kwiyahura.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Lil G yakije umuriro kuri DJ Brianne wambwibasiye avuga ku musatsi we.

Yaratwandikiye:Umukobwa twari dufitanye ubukwe mu kwezi gutaha atwite inda itari iyanjye|ndaremerewe cyane nkore iki?