in

Yarakwiye kujya ku gatebe! Muri 11 Rayon Sport igiye kubanza mu kibuga harimo uwo abafana bafitiye ubwoba ko yabatsindisha

Ikipe ya Rayon Sport imaze iminsi mike yirukanye umutoza wayo igiye kugina udafite umutoza mukuru uyihagarariye ku kibubuga.

Ni umukino ugiye kuyihuza n’ikipe ya Etoile de l’est ku munsi wa gatandatu wa shampiyona y’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda.

Ikipe ya Rayon Sport ishyize hanze urutonde rw’abakinnyi 11 bagiye kubanza mu kibuga gusa  abafana bakomeje kwinubira Rwatubyaye Abdul kubera umusaruro mucye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amarira n’agahinda ku maso ya Wizkid uri kwitegura umuhango wo gushyingura umubyeyi we

Nyuma ya byinshi byari bimaze iminsi biyivugwamo n’ubukene butumye umutoza w’ikipe ikomeye hano mu Rwanda ashobora kwigendera kubera inzara igiye gutuma n’akabiri yazanye kamushiraho