in

Yananiwe gusubiramo indahiro y’abagiye gushakana nuko maze abari bitabiriye uwo muhango bamuha urw’amenyo (Videwo)

Umugabo witwa Nzabonimpa Etienne yananiwe kuvuga indahiro bavuga iyo umugabo agiye gusezerana n’umugore imbere y’amategeko.

Ubwo uyu mugabo yari ari ku idarapo,  yananiwe gusubiramo ibyo yagombaga kuvuga kugira ngo yemererwe n’amategeko ko yiyemeje gushyingirana n’uwo yihebeye.

Uyu mugabo yari afite ubwoba bwinshi cyane kugeza naho yananiwe gusubiramo ibyo yasomerwaga,  nuko abari bitabiriye uwo muhango bamuha urw’amenyo.

Dore uko byari bimeze mu mashusho

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mutabazi Yves wigeze kuburirwa irengero i Dubai yatangaje ikibazo gikomeye yari afite

Ifoto y’umunsi: Miss Muheto Divine yasohokeye ku mazi