in

Yamuhinduriye ubuzima: Selena Gomez yatatse Rema mu buryo budasanzwe kubera ibintu bihambaye yamukoreye

Umuhanzikazi wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Selena Gomez yatatse umusore ukomoka mu gihugu cya Nigeria Rema bitewe n’uburyo yamuhinduriye ubuzima.

Selena Gomez yatatse mu buryo budasanzwe Rema bitewe n’uburyo yamuhinduriye ubuzima ubwo basubiranagamo indirimbo uyu musore yise “Calm down” dore ko kuva bakorana iyi ndirimbo ikomeje guca uduhigo twinshi byumwihariko ikaba ariyo ndirimbo ya Selena imaze igihe kinini iyoboye urutonde rw’indirimbo 100 zikunzwe muri Amerika ruzwi ku izina rya Billboard Hot 100.

Amwe mu magambo Selena Gomez yatangaje ashimira byimazeyo Rema ndetse anataka uyu musore bitewe nibyo yamukoreye:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Iyi kipe ifite gahunda: Paris Saint Germain yamurikiye abakunzi bayo imyambaro mishya bazajya bambara mu gihe bakiniye hanze (Amafoto)

Harimo n’ayateye irari; Amafoto icumi (10) y’ibizungerezi ayoboye ayandi ku rukuta rwa Instagram