in

Yamuhaye ubuzima aho butari buri! Umusore akomeje gushimirwa ku isi hose nyuma yo gutora umwana muto akamurera wenyine nta mugore bisabye (AMAFOTO)

Umusore akomeje gushimirwa ku isi hose nyuma yo gutora umwana muto akamurera wenyine nta mugore bisabye.

Umusore Nigeria witwa Nwashara akomeje gushimirwa n’abantu benshi kubera umutima mwiza yagaragaje.

Uyu musore yagaragaje umutima mwiza ubwo yatoraguraga umwana w’uruhinja akiyemeza kumurera nk’uwe.

Mu mwaka ushize nibwo uyu musore yerekanye amafoto y’umwana urimukigero cy’imyaka 2, uyu mwana yari aryamye ku muhanda ubonako asa nabi ndetse ubuzima bwe butifashe neza.

Kuri ubu umwaka urashize, uyu musore atoraguye uyu mwana, nubwo atazi italiki n’umwaka yavutseho, ariko ahamyako ubu agiye kuzuza imyaka itatu y’amavuko ndetse yishimira bikomeye kuba uyu mwana yaramubereye umugisha kuva yamutoragura kumuhanda.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

APR FC yamaze gusinyisha umukinnyi wa mbere ukomoka hanze y’u Rwanda

Musanze : Abaturage barembejwe n’igitera cyatorotse Pariki kirukankana abagore cyabona abagabo kigahunga ni ny’uma y’ibyo gikoreye umugore ubu akaba ari kwivuriza mu bitaro bikuru