in

Yamen Zelfani watozaga Rayon Sports agiye kugura akayabo umukinnyi yatozaga muri iyi kipe nubwo akiyigeramo yabonaga ari we muswa mu bandi bose

Yamen Zelfani watozaga Rayon Sports agiye kugura akayabo umukinnyi yatozaga muri iyi kipe nubwo akiyigeramo yabonaga ari we muswa mu bandi bose

Mu minsi micye ishize nibwo ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko itandukanye n’umutoza Yamen Zelfani wari umaze gukina imikino ayitakaza mu buryo benshi batiyumvishaga.

Uyu mutoza akimara gutandukana na Rayon Sports nta gihe yamaze yahise abona ikipe agomba gutoza nshya. Amakuru twamenye ni uko uyu mutoza kugeza ubu arimo gutoza mu gihugu cya Kuwait.

Amakuru Kandi twamenye ni uko Yamen Zelfani nyuma yo kubona akazi ngo yamaze kugirana ibiganiro na Rwatubyaye Abdul myugariro wa Rayon Sports ndetse hatagize igihinduka ngo mu kwezi kwa mbere arahita amugura amwongere mu bandi.

Uyu myugariro utarumvikanaga na Yamen Zelfani ubwo yageraga muri Rayon Sports ariko akaza ku mukunda nyuma, yatangarije ubuyobozi bwa Rayon Sports ko mu kwezi kwa mbere ashaka guhindura ikipe.

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uzishyura 50,000 Frw ntazigera akandagira kuri Convention Center: Ubukwe bwa The Ben na Miss Uwicyeza Pamella buhenze nk’ubuzima bwa Kigali

Umugabo yakubise umugore we ajya gusaba imbabazi ajyanye impano ya Rand Rover