in

Yakoreye miliyari 1 mu minota itatu, umuhanzi ukubutse i Kigali yakoreye akavagari k’amafaranga mu minota mike cyane

Yakoreye miliyari 1 mu minota itatu, umuhanzi ukubutse i Kigali yakoreye akavagari k’amafaranga mu minota mike cyane.

Uyu mwaka wa 2023 waguriye cyane umuziki wa Nigerian haba mu kuririmba mu bitaramo bikomeye ndetse no kwitegurira sho zikome.

Davido yaciye agahigo ko kwishyurwa 10M$ aririmba muri world cup.

Burna boy yishyuwe 500k$ aririmba 30mn muri final yaEUFA Champions league.

Rema nawe yaraye akoresheje iminota itatu gusa akorera 1M$ arenga miliyari y’amanyarwanda ubwo yaririmbaga mu birori byo gutanga ibihembo bya ballondor2023 byareye mu gihugu cy’ubufaransa mu ijoro ryakeye.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yari afite akanyamuneza, Elia w’imyaka 3 wagiye kwiga mu kigo cy’abana b’abakire yambaye imyenda isa nabi ndetse n’ibirenge, yatangiye ishuri muri cya kigo yari yagiyemo kuvumbayo

“Nakaguhaye Inka ariko aka kanya mfite ifi” Umunyamakuru Cynthia Naissa wa RBA yateye imitoma mugenzi we bakorana muri RBA