in

Yakoraga cyane! Umugore yapfuye ari gutera akabariro nyuma yo gukorerwa ibya mfurambi n’umugabo bari bari kugaterana

Yakoraga cyane! Umugore yapfuye ari gutera akabariro nyuma yo gukorerwa ibya mfurambi n’umugabo bari bari kugaterana

Ahitwa Temidire muri Nigeria humvikanye inkuru itari nziza y’umugore witabye Imana ari gutera akabariro n’umugabo.

Uyu mugore yitabye Imana kuwa mbere w’iki cyumweru bivugwa ko yari asanzwe akorana imibonano n’uyu mugabo, ariko umugabo ntamunezeze uko abishaka.

Uyu mugabo usanzwe ukora muri saloon yatumijeho uyu mugore bajya muri lodgi, bajya gutera akabariro, gusa mbere y’uko bikorwa umugabo yabanje kunywa ikinini cyongera akanyabugabo umugore atabizi.

Ubwo bageraga mu gikorwa uyu mugabo yakoranye imbaraga nyinshi bituma umugore ananirwa cyane.

Umuyobozi wa Polisi muri ako gace yatangaje umugore yishwe no kunanirwa cyane ndetse uwo mugabo yatawe muri yombi.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Noneho bashyize hanze amafoto agaragaza ko bamaze kwibaruka! Junior Rumaga na Bahali Ruth bakomeje gutitiza imbuga nkoranyambaga – AMAFOTO 

Kicukiro: Producer wazamuye abarimo Bushali na KinyaTrap yafatanwe udupfunyiki tw’urumogi