in

Yakinaga mu ikipe yo mu cyiciro cya 2! Ibyo wamenya kuri rutahizamu mushya Rayon Sports yamaze kwakira i Kigali

Kuri uyu wa Kane tariki ya 30 Ugushyingo 2023 ni bwo Rayon Sports yemeje amakuru y’uko yakiriye rutahizamu mushya wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, witwa Mabiala Kinkela.

Uyu rutahizamu yakiriwe muri Gikundiro aho agomba kuyisinyira akazafatanya nayo mu mikino ya Shampiyona.

Mabiala Kinkela yakiniye RC Kinshasa yo muri Repubilika Iharanira Demokarasi ya Congo yamanutse mu Cyiciro cya Kabiri mu 2021.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kalisa Ernest wamenyekanye nka Samusure yavuze ku byo guhungira muri Mozambique asize ateye inda umukobwa w’i Kigali

Itangazo ryihutirwa rireba abatuye n’abagenda mu mujyi wa Kigali