in

Yaje yambaye nk’abahanzi! Kizigenza wa APR FC yabatabye mu nama ku mukino wa RAYON SPORTS aza yiyambariye gihanzi bituma Murera ibaca mu nzara [AMAFOTO]

Yaje yambaye nk’abahanzi! Kizigenza wa APR FC yabatabye mu nama ku mukino wa RAYON SPORTS aza yiyambariye gihanzi bituma Murera ibaca mu nzara.

Umunya Sudan Sharaf Eldin Shaiboub Ali ukina APR FC yaje gushyigikira bagenzi be nyuma y’uko bari bamaze ku nganya na Rayon Sports ubusa ku busa.

Shaiboub amaze igihe kirenga ukwezi atagaragara mu kibuga kubera imvune, yaje gufasha bagenzi ku gushimira abafana bari baje ku mukino.

Uyu mukinnyi ntiyari yakira ku buryo yari gufasha ikipe ye ya APR FC.

[AMAFOTO]

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

The Trainer yahisemo umugore ushyitse! Keza Terisky yerekanye aho atandukaniye n’aba bakobwa birwa bazenguruka mu mihanda ya Kigali

Biratangaje! Umukinnyi ukomeye ku Isi yatangaje ko umubyeyi we atakireba uburyo akina kubera ibintu biteye ubwoba akorera mu kibuga