in

Yahawe ikaze! Umunyamakuru wubatse izina mu biganiro by’imikino kuri radiyo ikunzwe mu Rwanda, yatangajwe nk’umunyamakuru mushya wa Radio/TV10

Umunyamakuru uzwi cyane mu biganiro by’imikino, Kanyamahanga Jean Claude wamamaye nka Kanyizo, yatangajwe nk’umunyamakuru mushya wa Radio/TV10.

Kanyamahanga Jean Claude, yari amaze igihe avuye kuri Radio One.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Itangazo rimenyesha buri mufana wese wa Rayon Sports uyifuriza gutera imbere

Ibyago nt’ibiteguza koko: Umuhanzikazi Simi ari mu byago bikomeye bishobora no kumuvira mo uburwayi bwa burundu nyuma y’uko abyaye