in

Yahariye Salima Mukansanga na bagenzi be! Umusifuzikazi wari ukomeye cyane yashyize akadomo ku mwuga yari amazemo imyaka itari mike

Umusifuzi wari ukomeye cyane yashyize akadomo ku mwuga yari amazemo imyaka itari mike

Umusifuzikazi kazi Lidya Tafesee wari ukomeye muri Afurika yamaze guhagarika uyu mwuga.

Uyu munya-Ethiopia yahagaritse uyu mwuga nyuma y’imyaka 20 awukora nk’umwuga we.

Lidya Tafesee akaba yahagaritse ibi ku myaka ye 43 y’amavuko bivuze ko yawutangiye afite imyaka 23.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Umusirikare wa Yesu” Umuhanzi Aline Gahongayire uzwi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yahawe ipeti rya Lieutenant ‘Lt’ – AMAFOTO

Perezida mushya wa FERWAFA yatangiye imirimo ye hakiri kare – AMAFOTO