in

Yagiye gusaba amafaranga batari bakorera! Hamenyekanye impamvu yatumye Buregeya Prince asezera ku kuba Kapiteni bigahita bihabwa Ombalenga Fitina

Yagiye gusaba amafaranga batari bakorera! Hamenyekanye impamvu yatumye Buregeya Prince asezera ku kuba Kapiteni bigahita bihabwa Ombalenga Fitina.

Nk’uko bitangazwa na Jean Claude Kwizigira kuri Radio Rwanda ngo Buregeya Prince yazize kujya kubaza amafaranga.

Claude avuga ko abakinnyi yari abareye Kapiteni bamutumye ngo ababarize niba agahimbazamusyi bari guhabwa bagiye muri Somalia bazagahabwa nubwo umukino uzabera mu Rwanda.

Mu kujya kubaza, yabajije mbere y’uko bajya no mu kibuga ku mukino ubanza banganyagamo na Gaadiidka FC yo muri Somalia.

Ibyo byarakaje ubuyobozi bwa APR FC bituma bahita bamusaba kwegura kuri izo nshingano ni uko maze bahita bashyiraho Ombalenga Fitina.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ruhango: Umugabo yasanze umugore we ari gusambana n’undi mugabo mu nzu ye yiyubakiye ni uko maze nyirigusambana ayisohokamo yambaye ubusa mu gihe nyamugore we yayisohotse ari intere bamutwaye mu maboko (AMAFOTO)

Umuriro uzaka: Umuhanzi Chris Eazy yatangaje inkuru iryoheye amatwi y’abakunzi be gusa yishimirwa cyane nabatuye mu mahanga