in

Yafatiye abagore babiri ku mva ya mama we bakora ibiteye ubwoba (Video)

Umugabo wo muri Afurika y’Epfo yasuye imva ya nyakwigendera ahura n’abagore babiri bivugwa ko ari abanzi be,asanga bakorera ku mva yumubyeyi we asanga bakoreraho imyigenzo yabapfumu.

Uyu mugabo ngo yahuye na bo nyuma yo kubabona iruhande rw’imva ya mama we, bavuga mu buryo butumvikana kandi bafashe buji .

Nk’uko byatangajwe n’umunyarubuga wo muri Afurika y’Epfo, ngo uyu mugabo yaketse ko abo bagore bashaka kurangiza amarozi bamuteye akiri muzima.

Muri videwo yagiye ahagaragara, uyu mugabo yamaganye abo bagore ku mpamvu yabo yo kuhaba kugeza binjiye mu modoka yabo baragenda.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Urukundo rwubahwe:noneho ibyo Harmonize akoreye umukunzi we birarenze

Birababaje: umugabo n’umugore bapfuye nyuma y’amasaha make biyunze