in

Yaciye agahigo ko kuba umukobwa uteye neza mu gihugu! Uburanga n’imiterere bya Noelle byamubereye igishoro gikomeye

Yaciye agahigo ko kuba umukobwa uteye neza mu gihugu! Uburanga n’imiterere bya Noelle byamubereye igishoro gikomeye.

Umunya  Cote D’Ivoire Marie Noelle ni umwe mu bakobwa beza bo mu gihugu cya  Cote D’Ivoire. Uyu mukobwa yavukiye Abidjan muri  Cote D’Ivoire aba ariho anakurira.

Yize amashuri abanza n’ayisumbuye muri Abidjan, ntabwo yarangirije mu yisumbuye gusa ahubwo yarangije na kaminuza ubu afite master’s degree muri philosophy.

Uyu mukobwa kugeza ubu afite imyaka 33 y’amavuko gusa ntarashaka umugabo. Uyu mukobwa kandi amaze kuba umukire kubera imiterere ye idasanzwe.

Uyu mukobwa usanzwe ari umunyamideri ndetse n’umumurika mideri yagiye ahabwa akazi ahantu henshi kubera ubwiza bwe n’imiterere ye byishimirwa na buri umwe.

Ndetse ntahwema kwakira impano za buri munsi ziturutse ku bantu baba bamwishimiye.

Amafoto.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Sinzarekera kubyara kugeza ngeze ku ntego yange” Umugore w’imyaka 29 umaze kubyara abana 8 ndetse akaba atwite n’impanga, yahize ko azakomeza kubyara kugeza ku ntego ye

Kazungu amaze kunsambanya yahise azana icyuma! Ubuhamya by’umukobwa wacitse Kazungu akiruka yambaye ubusa