in

“Yabyutse agiye gukora ikizamini birangira yisanze muri gereza” Uko Umunyeshuri wari uri gukora ibizamini bya Leta yafatiwe mu cyuho ari gukopera agahita atabwa muri yombi nk’abandi banyabayaha bose nyuma yo kubona ko ibyo yakoze ari indengakamere

“Yabyutse agiye gukora ikizamini birangira yisanze muri gereza” Uko Umunyeshuri wari uri gukora ibizamini bya Leta yafatiwe mu cyuho ari gukopera agahita atabwa muri yombi nk’abandi banyabayaha bose nyuma y’ibyo yafatanwe

Ku kigo cy’ishuri cya ESIR, giherereye i Musanze hafashwe umukandida wigenga witwa M. Edith yafatanwe telefone ari mu Cyumba cy’ibizamini arimo areba ibibazo n’ibisubizo by’Ikizamini cya Principles of Economics ikizamini cyari kirimo gukorwa,

Ikizamini bari bagihawe kuri group whatsapp iriho abantu 19 ejo ku wa 30/07/2023 saa 8:53Pm. Nkuko bigaragara kuri whattsapp ya telefone yafatanwe

Ku makuru Mujawamariya Edith yatanze nuko iyi group iriho abanyeshuri 19 Kandi yatubwiyeko bagihawe n’umwarimu wabo witwa Jean [ ***] avugako atuye Rubavu.

Police na RIB batangiye gukurikiirana kugira ngo hamenyekane aho ikizamini cyaturutse

Ikizamini yafatanwe muri telefone nyuma y’igenzura twasanze gisa n’icyateguwe.

Yashikirizwe RIB kugira ngo hafatwe n’abandi babigizemo uruhare.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Iyi nkuru se aba Rayon barayakira gute? Ikipe yari kuzakina na Rayon Sports ntabwo bigikinnye

Aba Rayon basubize amerwe mu isaho! Habonetse indi kipe itunguranye izakina na Rayon Sport ku munsi w’igikundiro