in

Yabwiwe n’abenshi ko umugabo we na bugabo agira ||Menya byinshi uri iyi couple

Couple ya Theo na Devote ikomeje kubera urugero rwiza andi ma couple y’abakundana dore ko devota yabanje kugira ubwoba ko umukunzi we yaba na bugabo yaba agira .

Theo uzwi ku izina rya superman muri Rubavu ndetse akaba azwiho guterura ibyuma ndetse akomeza atangaza ko mbere yabaga mu bwigunge kubera ikibazo cyo k’umugara amaguru yose.

Devota umufasha wa Theo yatangarije umunyamakuru ko agihura na theo yabanje kugirango umugabo we ashobora kuba atagira ubugabo , bitewe nuko yamubonaga ndetse nibyo benshi bavugaga kuri we.

kuri ubu umuryango wa Theo na Devote bari kwitegura umwana wabo w’imfura dore ko hagiye gushira umwaka barushinze , bityo Theo yanze guheranwa n’agahinda bitewe nibyo yahuye nabyo akiri muto.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Maitre Nzovu yari yivuganye Yaka Mwana (video)

Ifoto: Umugore yabyaye inkende isa nk’umuntu