in ,

‘Yabonye atari we uzahora agaramye mu kirambi wenyine yishumbusha mutembanshyunshyu’ Kumenyabose mu ikipe ya APR FC yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we wamuhase urukundo ruzira uburyarya (AMAFOTO)

‘Yabonye atari we uzahora agaramye mu kirambi wenyine yishumbusha mutembanshyunshyu’ Kumenyabose mu ikipe ya APR FC yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we wamuhase urukundo ruzira uburyarya.

Umuhango wo gusezerana mu mategeko kuri Gisa na Emmanuella, wabereye mu Murenge wa Remera kuri uyu wa Kane.

Ubukwe bw’aba bombi, buteganyijwe tariki 12 Kanama 2023.

Gisa asanzwe azwi nk’umukunzi ukomeye wa APR FC, aho abarizwa mu itsinda ry’Intare Fanclub.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

‘Mu gakanzu keza gatukura n’ibirungo by’ubwiza’ Umuhanzi Bahati uherutse mu Rwanda kureba Bruce Melodie bakoranye indirimbo, yagaragaye yambaye imyenda y’abagore kandi ari umugabo ufite n’abana

Kirehe: Umusore wari warariye ideni ry’undi musore, yasanzwe mu rwuri yatemaguwe