in

Yabasabye ko 100 Frw bariheraho bamurongora! Hamenyekanye amakuru mashya kuri wa mukobwa kwicuruzaga wasanzwe yapfuye bigakekwa ko yishwe

Amakuru mashya kuri wa mukobwa wishwe kubera amafaranga 100 Frw

Abantu batanu bakekwaho kwica umukobwa bamuziza 100 Frw bamaze gutabwa muri yombi.

Kuri ubu biri no gucyekwa ko umwe muri abo bari banasambanye.

Mu minsi yashize nibwo twabagejejeho inkuru y’umukobwa wabonywe yapfuye bigakekwa ko yishwe.

Icyo gihe inzego z’ubuyobozi l zakusanyije abo zikekaho gukora uburaya kugira ngo batange amakuru kuri nyakwigendera, kuko na we ari byo yakoraga.

Abatuye ahabereye ibyago babwiye UMUSEKE dukesha iyi nkuru ko kugeza ubu hamaze gutabwa muri yombi abantu batanu, gusa babiri muri abo, ibimenyetso bigaragaza ko bashobora kuba barishe nyakwigendera.

Abo babiri yavugaga harimo uwitwa Uwizeyimana Claude w’imyaka 29 y’amavuko na Ntawutababona Pascal w’imyaka 42 y’amavuko bamaze gutabwa muri yombi.

Uwatanze amakuru yavuze ko uyu mukobwa yahuye n’abo bagabo barangiza bakamutuma itabi maze agasagura igiceri cy’ijana ni uko maze bacyimwatse ababwira ko baraza kugiheraho bamurongora kuko bari bagiye no kumwishyura ngo birwaneho.

Amakuru akomeza avuga ko nyuma yo kuyabimpa bahise bamukubita bikomeye ndetse baranamuniga kugeza ashizemo umwuka.

Kuri ubu Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB nta kintu rwari rwatangaza kuri uko gutabwa muri yombi kw’abo bantu batanu.

 

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Barangajwe imbere na Kapiteni wabagumuye, ba bakinnyi ba Rayon Sports banze kujyana nayo bitwikiriye ijoro abandi baryamye bajya gusaba imbazi none akabo kashobotse

“Nakwemera nkahomba igikombe ariko umwana ntasuzugure abanyarwanda” Mu burakari bwinshi cyane Perezida wa Rayon Sports avuze umwanzuro ukanganye yari gufatira abakinnyi bari bigumuye ku ikipe banze kujyana nayo