in

Yabanyanyagizagamo iza bitanu gusa! Harmonize washimye Kigali yagaraje ko mu bibazo yagira icyo guha abantu amafaranga kitazamo _ AMAFOTO

Yabanje guha abamotari ku mafaranga

Umuhanzi ukomoka mu gihugu cya Tanzania, Abdul Rajab ariko akaba akoresha izina rya ‘ Harmonize ” mu bikorwa bye by’umuziki. Akomeje kwereka abanyakigali ko mu bibazo yagira icy’amafaranga kitabamo.

Yabanje guha abamotari ku mafaranga

Harmonize wageze i Kigali mu rukerera rwo ku cyumweru akomeje kuryoherwa n’ubuzima bwa Kigali. Ubwo yatemberaga mu mujyi wa Kigali yageze ahitwa Downtown na we asohoka mu modoka yari arimo ubundi yihera abantu ku note za 5000 ahereye ku bamotari bari bari aho hafi ubundi akurikizaho n’abandi bantu ibi bigaragara mu mashusho yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram akurikirwaho n’abarenga miliyoni 9.

Abantu baje kuba benshi cyane

Harmonize wujuje iminsi ine ku butaka bwa Kigali akomeje ibikorwa bye bya muzika ndetse ahanini ubona ko abifatanyije na Bruce Melodie batagitana.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umwongereza wahawe akazi ko gusifura umukino mu misiri nk’ikiraka, yahavuye atareba imbere n’inyuma

“Akanwa kange wakujuje amashimwe” Vava dore imbogo aririmbye ya ndirimbo yo guhimbaza Imana abantu bati niwe wayihanze – Videwo