in

We akunda ya kipe y’i Nyarugenge! Bwa mbere Mbabazi Shadia ‘Shaddy Boo’ yerekanye ikipe afana hano mu Rwanda nyuma yo kubona ko ariwe Slay Qeen udafite ikipe afana

Bwa mbere mbabazi Shadia wamenyekanye ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddy Boo yerekanye ikipe afana hano mu Rwanda.

Yabigaragaje nyuma yo gusangiza abamukurikira ku rukuta rwe rwa Twitter, amashusho ya Perezida wa Kiyovu Sports avuga ko basifuriwe nabi ku mukino wayihuje na Gasogi United.

Shaddy Boo nawe yahise agaragaza ko ikipe ya Kiyovu Sports yihebeye yibwe, aho yagize ati “Bwatwibye.” Ni mu gihe abakobwa bagezweho i Kigali, ‘Kigali Boss Babe’ bo bakunda Rayon Sports.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Nsanzimana faustin
Nsanzimana faustin
11 months ago

Uramuharabitse ni umu rayon ibyo byihorere….

Umuhanzikazi ufite abafana benshi mu Rwanda akomeje kubangamira abandi bakobwa kubera kuzamura irari ry’abakunzi babo

Ubuyobozi bwa APR FC bwamaze gutekereza umutoza ugomba gusimbura Thierry Froger mu gihe bizaba byanze