in ,

“Watangiye kuba umuntu”: Titi Brown nyuma yo kugirwa umwere kucyaha cyo gusambanya umwana yagaragaye mu ishusho nshya ikomeje kuvugisha benshi bitewe n’uko yari ameze -AMAFOTO

“Watangiye kuba umuntu”: Titi Brown nyuma yo kugirwa umwere kucyaha cyo gusambanya umwana yagaragaye mu ishusho nshya ikomeje kuvugisha benshi bitewe n’uko yari ameze.

Umubyinnyi wabigize umwuga Ishimwe Thierry wamamaye cyane ku izina rya Titi Brown uherutse gufungurwa nyuma y’imyaka 2 yari amaze mu Igororero rya Nyarugenge i Mageragere akomeje kuvugisha benshi bitewe n’amafoto amugaragaza mu ishusho nshya yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze.

Amafoto:

Bimwe mu byo abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona aya mafoto ya Titi Brown umaze ukwezi afunguwe:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Niba ariho wivurizaga ntabwo uzasubirayo: Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda itangaje ko yafunze amavuriro 8 kubera impamvu yasobanuye mu buryo bwimbitse -ITANGAZO

Yabikoreye muri Amerika: Umuhanzi Bruce Melodie yashimiye byimazeyo Nyakubahwa Perezida Paul Kagame