in

Wari uziko ushobora kwitaba Imana urimo gutera akabariro?impamvu

Ni kenshi abantu bapfa bakora imibonano mpuzabitsina ndetse ugasanga bibaye mu buryo butunguranye. Iyi nkuru ikaba igiye kudufasha kumenya abafite ibyago byo gupfira muri iki gikorwa ndetse n’uburyo byakwirindwa.

Gupfa umuntu ari gukora imibonano mpuzabitsina ni ibintu bigenda bifata indi ntera ku buryo ku isi abatari bacye bamaze kuva muri ubu buzima mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina ariko biri kugenda bigaragara ko abapfa bari mu mibonano mpuzabitsina 93% baba bari guca inyuma abo bashakanye.

Hari byinshi byakorwa n’abagiye gukora imibonano mpuzabitsina mu rwego rwo kwirinda izi mpfu zitandukanye ndetse hakaba hari n’inzira nyinshi zo kubyirinda mu rwego rwo kuba watakaza uwo mwakoranaga imibonano mpuzabitsina.

Nk’uko inkuru dukesha urubuga rwa interineti rwa 7sur7, 93% by’abapfa bari gutera akabariro, ni ababa bari guca inyuma abo bashakanye cyangwa se abakunzi babo.

Kubera umutima utari hamwe, kudatuza ndetse no gusahuranwa byaba ari bimwe mu mpamvu y’izo mpfu zitunguranye ziba mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina cyane cyane ku bantu basanzwe barwaye umutima.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Tunisia yazanye umu Miss kuyikinira muri #Africavolleychampionship2021 (Amafoto)

Amafoto y’abanyarwandakazi yatwitse kurusha ayandi yose kuri instagram muriki cyumweru