in

Wari umukino ubereye ijisho: U Rwanda rweretse Uganda ko burya atari buno (Amafoto)

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi y’abagore yeretse abakinnyi ba Uganda ko burya atari buno mu mikino wabereye kuri Kigali Pele Stadium.

Wari umukino w’ishiraniro aho abari b’u Rwanda bashakaga kwerekana ko barambiwe gutsindwa na Uganda gusa ibyo bifuzaga n’ubwo bitagezweho 100% ibyo bakoze byatumye abantu babagirira icyizere.

U Rwanda rwanganyije n’ikipe y’igihugu ya Uganda ibitego 3-3 akaba ari mu mukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium ariko n’ubwo u Rwanda rwakiniraga murugo Uganda niyo yari yakiriye uyu mukino bikaba biteganyijwe ko umukino wo kwishyura uzaba tariki 16/07/2023 kuri Kigali Pele Stadium.

Abakinnyi batsindiye amakipe yombi:

Urwanda:

1. Mukahirwa ku munota wa 33

2. Libelle ku munota wa 67

3. Zawadi ku munota wa 86.

Uganda:

1. Shakirah ku munota wa 45+2

2. Nassuna ku munota wa 54

3. Fazila ku munota wa 84.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi ukomoka mu Rwanda yakoze ibyari byananiye abandi mu mukino Manchester United yatsinze

Nta kipe izabahagarara imbere: Abakinnyi 11 Rayon Sports igiye kujya ibanza mu kibuga bateye ubwoba (Urutonde)