in

Wareka itabi ukarya intoryi! Menya isano rikomeye intoryi zifitanye n’itabi ku buryo byose ari nko kunywa itabi

Ubushakashatsi bwagaragaje ko igihingwa k’intoryi gikungahaye kuri nicotine ikoreshwa mu itabi.

Ubushakashatsi bwakomeje kugaragaza ko uyu musemburo ugaragara mu ntoryi uba utari mwinshi cyane ugereranyije n’uba mu itabi.

Iri tabi tuzi nk’isigara ribamo milligrams 2 za nicotine mu gihe mu ntoryi habamo nanogram 100, bivuze ko iyo uriye intoryi 20 bingana no kunywa itabi rimwe.

Gusa uyu musemburo wo mu ntoryi ntago wangiza nk’itabi kuko uyu musemburo ntabukana uba ufite.

Kandi iyo uriye ikintu kirimo uyu musemburo wa nicotine kikugira imbata kuburyo uhora wifuza kukirya, niyo mpamvu iyo uriye intoryi uhora wumva wazirya, kandi iyo unyweye itabi uhuro ushaka kurinywa.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Chriss Eazy yageneye ubutumwa bukomeye urubyiruko n’abanyarwanda muri ibi bihe byo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi

Nyambo Jesca yatanze ubutumwa bw’ihumure ku banyarwanda muri ibi bihe byo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi