Wamuyobozi wasomye umukinnyi yafashe ikimezo cya kigabo nubwo kitemerankwaho na bose
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira wa maguru muri Espagne, akaba n’umuyobozi wungirije wa EUFA, Rubiales yatangaje ko yeguye ku mirimo yari ashinzwe.
Ibi yabikoze kubera igitutu yari amaze iminsi ariho kubera gusoma umukobwa w’umukinnyi ubwo batwaraga igikombe k’isi mu bagore ku nshuro yambere.
Yavuze ko kandi kuba yeguye ari ukubera ingaruka zibyo yakoze kuko byatangiye no kugera ku muryango we.
